CORRECT LYRICS

Lyrics : AMABARA

VERSE1: (Marina)
Ndabona ushaka ko dukora dega
Ndabona ushaka kumfata mategwa
Uy’umunsi ntunkoreho utankotoza
Uy’umunsi ntiwigore Paparazi zitamfotora

(Amalon)
Ay’amabara unkoresha
Ntiyanteza ever kuba nasty eeeh
Izo vibes ziri dirty powesha
Kandi ntabwo ndi ready for temptation
Poesha izo seduction
Wibuke ufite my attention
I go love you tudafite pressure

CHORUS: (Marina)
Suko ntabishakaga wibigira impaka
Kopfora ngaho umbwire ikindi ushaka
You know I’m addicted to you

(Amalon)
Nubwo turi muri Lockdown
Wimfatirana nizi high
Bikomeje wansaza
Kandi ayo mabara sinayakora
VERSE2: (Alyn Sano)
Yeah I like your request
First prove me that you’re king
Nkuko ujya ubivuga wabona unkunda
Take it slow ejo n’umunsi
Take it slow ejo n’umunsi
Take it slow…. Tudakora amabara

(B Threy)
Urabizi ibyo byo ko mbikunda
Ko tubikora muri gahunda
Iminsi mibi ikaza tugapfusha
Nubwo haba hari byinshi ubwo biri kutwoshya
Ibidasengeye sinabikora
Nkundana n’umugisha mba numva ntakotora
Nkunda ko bidasaba ko nisobanura
Iyo tutabikoze ntunababara urisеtsa

CHORUS: (Alyn Sano)
Suko ntabishakaga wibigira impaka
Komfora ngaho umbwire ikindi ushaka
You know I’m addicted to you

(Amalon)
Nubwo turi muri Lockdown
Wimfatirana nizi high
Bikomejе wansaza
Kandi ayo mabara sinayakora
VERSE3: (Bushali)
Iyeeeh k’urukundo nkumvire
Niba bitsaba kurwuhira ubwo rumvune
Sinarinziko ibihe byazaza
Nkagusiga wikaraga iyo kubyapa
Ndabyumva nkinumira Haruzi mbabarira
Ndabizi uhora wiruka ugahura n’amarira
Iby’isi n’amayobera ndabizi naho uhera
Nawe wiba ikibazo ahubwo mbwira uko ubyumva
Urebye nanjye nuko ngusabira mungu
Baby byumve ko kuba kw’isi kadu
Umwali ukomba umwuko bamuhaye induru
Mubaturanyi urebye n’induru

CHORUS: (Marina)
Suko ntabishakaga wibigira impaka
Komfora ngaho umbwire ikindi ushaka
You know I’m addicted to you

(Amalon)
Nubwo turi muri Lockdown
Wimfatirana nizi high
Bikomeje wansaza
Kandi ayo mabara sinayakora
(Ayo mabara sinayakora)
Madebeat on the beat
(ayo mabara sinayakora)